• Imikino / FOOTBALL

Nyuma yo kugirwa umusifuzi mpuzamahanga, Nsabimana Celestin yahawe gukiranura AS Kigali na Rayon Sports,  mugihe Nizeyimana Is'haq , yahawe gusifura umukino wa APR FC na Mukura VS&L.

Umunsi wa 13 wa shampiyona , amakipe arahatana mu mpera z'icyumweru, uyu munsi hazaba harimo imikino ikomeye , nkuwa AS Kigali izakiramo Rayon Sports , zombi ziri mu bihe byiza , APR  FC iri mu rugamba rwo gushaka uko yakwisubiza umwanya wa mbere , izaba yakira Mukura VS&L , umukino nawo utoroshye .

Ishyirahamwe ry'abasifuzi mu Rwanda, ryamaze gutangaza abasifuzi bazayobora iyo mikino yose , aho imikino imwe yahawe abasifuzi mpuzamahanga , mu gihe indi yahawe basanzwe .

UKO ABASIFUZI BAZASIFURA UMUNSI WA 13 WA SHAMPIYONA

Abasifuzi b'umunsi wa 13 wa Shampiyona 


Umukino yasifuriye Rayon Sports na Etincelles umwaka ushize yatashye acungiwe umutekano bikomeye


Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments