Guhera mu mpera z'icyumweru gishize nibwo ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amakuru ko umuhanzi ukunzwe muri iyi minsi mu gihugu cy'uburundi uzwi nka Kiriko azataramira mu Rwanda ibintu byakiriwe neza na benshi mu bakunzi be .
Uyu Kirikou yatangaje ko yishimiye kugera mu Rwanda bwa Mbere kandi akaba yishimiye cyane uko yakiriwe n'abamutumie .
ibi yabitagaje mu kiganiro n'abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa kane muri Step Apartement ku Kimihururaahari hateraniye abahanzi Davis D,Yampano,Bushali, Dj Brianne na Dj Drizzy buri aho buri wese yagiye avuga uko yiteguye iki gitaramo ya Let's celebarate cyateguwe na Kigali Protocole ku bufatanye na Be Ine Gin kimwe mu binyibwa bikunzwe cyane .
Mu ijambo rye Joshua Umukundwa Umuyobozi mukuru wa Kigali Protocol yabanje gushimira buri wese wafashe umwanya akitabira ubutumire yabonye .
Yagize ati .Nyuma y'imyaka myinshi tumaraye ari abo tuziranye nabo dusanzwe dukorana ndabashimiye kuko iteka munyereka ko intego ari imwe mu rwego rwo gukomeza guteza imbere imuziki wacu.
yakomej agira ati " uyu munsi twicaye hano kw'igitaramo twise Let's Celebrate kizajya kiba ngarukakwezi aho twifuza ko tuzajya tuba dufitemo abahanzi nyarwanda bakunzwe muri icyo gihe kandi kubera ko turi muri afurika y'iburasirazuba bazajya bareba umuhanzi uwo ari wese ufite indirimbo ikunzwe cyane abe ariwe batumira muri uko kwezi.
Joshua yaboneyeho kandi guhita tangaza ko umushyitsi mukuru muri icyo gitaramo kizaba ku cyumweru tariki ya 19 Ukwakira muri Mundi Center i Gikond ari Kirikou umwe mu bakunzwe cyane mu gihugu c'uburundi ndetse no mu karere kubera indirimbo ye yise