• Imyidagaduro / ABAHANZI

Umuhanzi  Domini Ogulu  uzwi  cyane nka  Burna Boy umwe mu banyafurika bamaze kwegukana ibihembo bya  Grammy award yatunguranye ahamya  ko umuhanzi Fela  Kuti  watangije  injyana ya Afrobeat ariwe muhanzi wenyine umurusha umuziki muri afurika

Ibi  burna boy yabitangaje ubwo yarari mu kiganiro  imbona nkubona kuri murandasi n’umuyamakuru  wo mur Austalia witwa Playboymax

Yagize ati: “Fela Kuti ni umwami. Ni we munyafurika wenyine undusha umuziki  yabivuganag akanyamuneza akandi yishimira urugendo rwe  muri uyu  muziki amaze kubakamo izina

Ibyo  burna Boy  yatangaje byateje impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga  bamwe bamushinja  ko yishyira hejuru cyane mu gihe abandi nabo bavuga  ko ari umwe  mu bahanzi afurika ifite bakomeye muri  iki gihe

Uyu  muhanzi  uzwi cyane  kubera indirimbo ye  yise “ Last Last “ kugeza ubu ni umwe mu byamamare  muri Afurika ariko ku  rutonde rw’abahanzi bakomeye  kurusha abandi mu mateka y’umuziki w’Afurika rukomeje  guteza  impaka y’abakunzi ba Muziki  ndetse  n’inzobere mu bijyanye  n’umuziki

 

Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments