Umuhanzi Domini Ogulu uzwi
cyane nka Burna Boy umwe mu
banyafurika bamaze kwegukana ibihembo bya
Grammy award yatunguranye ahamya
ko umuhanzi Fela Kuti watangije
injyana ya Afrobeat ariwe muhanzi wenyine umurusha umuziki muri afurika
Ibi burna boy yabitangaje ubwo yarari mu
kiganiro imbona nkubona kuri murandasi n’umuyamakuru wo mur Austalia witwa Playboymax
Yagize
ati: “Fela Kuti ni umwami. Ni we munyafurika wenyine undusha umuziki yabivuganag akanyamuneza akandi yishimira
urugendo rwe muri uyu muziki amaze kubakamo izina
Ibyo burna Boy
yatangaje byateje impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga bamwe bamushinja ko yishyira hejuru cyane mu gihe abandi nabo
bavuga ko ari umwe mu bahanzi afurika ifite bakomeye muri iki gihe
Uyu muhanzi
uzwi cyane kubera indirimbo
ye yise “ Last Last “ kugeza ubu ni umwe
mu byamamare muri Afurika ariko ku rutonde rw’abahanzi bakomeye kurusha abandi mu mateka y’umuziki w’Afurika rukomeje guteza
impaka y’abakunzi ba Muziki
ndetse n’inzobere mu
bijyanye n’umuziki
Like This Post? Related Posts