Kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Gashyantare 2026 nibwo mu karere ka Kicukiro kuri
Stade ya IPRC habereye umukino wa
nyuma w’Umurenge Kagame Cup 2026
Uwo mukino
wahuje ikipe z’Umurenge wa Masaka na Kagarama
umukino witabiriwe n’Umuyobozi w’akarere ka Kicukiro Bwana Mutsinzi Antoine n’abandi bayobozi bo mu nzego zitandukanye za Leta .
Uyu mukino
watangiye amakipe yose agaragaga gusatirana cyane ku mpande zombi gusa ubwo umukino wari ugese hagati haje
kubaho akantu ko kutumvikana ku makossa yabereye mu kibuga umukino uhagarara iminota mike
Kamwe mu dushya twaranze uyu mukino nuko ubwo umukino wari ugeze muri kimwe cyakabiri abateguye uyu mukino
batunguye abakunzi b’Umuziki bahamagara umuhanzi Mico The Best maze asususrutsa
abari bitabiriye uyu mukino mu ndirimbo nze nk’Inanasi, twivuyange , ni
zindi nyinshi asoreza ku ndirimbo yasohoye
uyu munsi yise Yeyeye .
Nyuma y’umukino ushinzwe itangazamakuru mu karere ka
Kicukiro yadutangarije ko bashyize umuhanzi hagati mu mukino kugira abawitabiriye batazagira
irungu .