• Amakuru / MU-RWANDA


Mu gitondo cyo kuwa 27 gashyantare 2026 mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Kabatwa mu kagari ka Myuga mu mudugudu wa Myuga abaturage bahasanze imirambo ibiri yabagabo abaturage bababonye bavuga ko babonye ari nko kubakubita kujyeza bashizemo umwuka.

Umunyamabanga nshingwabikorwa wumurenge wa Kabatwa avuga ko iyi mirambo itaramenyekana ngo kuko ari ubwa mbere bari bababonye gusa ashimangira ko imirambo ya banyakwigendera yajyanywe ku bitaro bya Kabaya biherereye muri aka karere ka Nyabihu.


Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments