Mu gitondo cyo kuwa 27 gashyantare 2026 mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Kabatwa mu kagari ka Myuga mu mudugudu wa Myuga abaturage bahasanze imirambo ibiri y’abagabo abaturage bababonye bavuga ko babonye ari nko kubakubita kujyeza bashizemo umwuka.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Kabatwa avuga ko iyi mirambo
itaramenyekana ngo kuko ari ubwa mbere bari bababonye gusa
ashimangira ko
imirambo ya banyakwigendera yajyanywe ku bitaro bya Kabaya biherereye muri aka karere ka Nyabihu.