• Imyidagaduro / IBITARAMO

?Nyuma ya  Huye ibitaramo bya ‘MTN Iwacu Muzika Festival 2026’ biri kuba ku nshuro ya karindwi byakomereje mu karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba aho kuri iyi nshuro byatumiwemo abahanzi barindwi batwaye ‘Primus Guma Guma Super Star’.

Ibitaramo bya ‘MTN Iwacu Muzika Festival’ by’uyu mwaka biri kuzenguruka mu mijyi irindwi y’u Rwanda kuva ku wa 20 Kamena 2026 kugeza ku wa 1 Kanama 2026.

Umujyi wa Ngoma wakiriye igitaramo cya kabiri uyu mwaka kiritabirwa Ross Kana, Amalon, Kivumbi King, Marina, Chriss Eazy, Davis D, Kenny Sol na Bushali.

Guhera kw'isaha ya saa tanu n'igice ubwo umunyamakuru wacu yasesekaraga i Ngoma abakunzi ba muziki benshi baganaga kuri stade nkuru ya Ngoma batitaye ku nzuba ryinshi ryari rihari .kugeza kw'isaha ya saa cyenda ibyishimo byari byinshi ku bakunzi bamuziki babifashijwemo na Dj  Dax . Ndetse n'abahanzi bakomoka mu ntara y'iburasirazuba nka B Pac Rugamba mu myambaro gakondo asusurutsa abaraho .

Ibi bitaramo bya "Iwacu Muzika Festival" bitegurwa na East African Promoters (EAP) ku bufatanye na MTN Rwanda, Primus ndetse by’umwihariko muri uyu mwaka hiyongereyemo BPR Bank Rwanda Plc.

 ?Nyuma ya  Huye ibitaramo bya ‘MTN Iwacu Muzika Festival 2026’ biri kuba ku nshuro ya karindwi byakomereje mu karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba aho kuri iyi nshuro byatumiwemo abahanzi barindwi batwaye ‘Primus Guma Guma Super Star’.

Ibitaramo bya ‘MTN Iwacu Muzika Festival’ by’uyu mwaka biri kuzenguruka mu mijyi irindwi y’u Rwanda kuva ku wa 20 Kamena 2026 kugeza ku wa 1 Kanama 2026.

Umujyi wa Ngoma wakiriye igitaramo cya kabiri uyu mwaka kiritabirwa Ross Kana, Amalon, Kivumbi King, Marina, Chriss Eazy, Davis D, Kenny Sol na Bushali.

Guhera kw'isaha ya saa tanu n'igice ubwo umunyamakuru wacu yasesekaraga i Ngoma abakunzi ba muziki benshi baganaga kuri stade nkuru ya Ngoma batitaye ku nzuba ryinshi ryari rihari .kugeza kw'isaha ya saa cyenda ibyishimo byari byinshi ku bakunzi bamuziki babifashijwemo na Dj  Dax . Ndetse n'abahanzi bakomoka mu ntara y'iburasirazuba nka B Pac Rugamba mu myambaro gakondo asusurutsa abaraho .

Ibi bitaramo bya "Iwacu Muzika Festival" bitegurwa na East African Promoters (EAP) ku bufatanye na MTN Rwanda, Primus ndetse by’umwihariko muri uyu mwaka hiyongereyemo BPR Bank Rwanda Plc.

 


Saa cyenda zibura Dj Tricky yageze ku rubyiniro asusurutsa abaturage ba Ngoma mu ndirimbo zigamjemo izabahanzi ba kera nka Urban Boys ,KGB na King James na bandi benshi .


Nyuma y'iminota mike Abashyushyarugamba MC Buryohe na Bianca baje ku rubyiniro batitaye kw'izuba ryinshi ry'i Ngoma  barabasusurutsa bishyira kera .


Umuhanzi Mugara ufite ubumuga bw'uruhu niwe wabanje ku rubyiniro mu ndirimbo gakondo na birasanzwe asobanura ko benshi kubera ubumuga bw'uruhu bamwitaumuzungu kandi ari Umwana w'umunyarwanda


Itsinda rya symphony Band ryageze ku rubyiniro ritangirana amalon.Mu ndirimbo ze nka Delira  yakurikijeho impanga,yambi ni zindi  nubwo hari kw'izuba ryinshi abakunzi be bamufashije kuririmbana zose 



Umuhanzi Rubangura David uzwi nka Ross Kana, ni we muhanzi wa kabiri mu bazasusurutsa ibitaramo bya ’MTN Iwacu Muzika Festival 2026’, wageze ku rubyiniro rwo muri Stade ya Ngoma.


Umuhanzi Ingabire Deborah wamenyekanye nka Marina yabaye uwa gatatu wagiye ku rubyiniro mu bahanzi ba "MTN Iwacu Muzika Festival 2026."

ngabire Deborah uzwi nka Marina, waririmbiraga mu Burasirazuba aho akomoka, yahaye icyubahiro umuraperi Tuyishime Joshua ‘Jay Polly’ witabye Imana mu 2021.

Marina yabikoze ubwo yari ageze ku ndirimbo “Too Much” na “Coming home”, aho zakurikiye “Ni wowe”, "Do Me" yakoranye na Queen Cha na “Paje”.

Ubwo yari ageze kuri “Bimpampe”, amaze gukoresha iminota 29, Marina yongorewe ko iminota ye irangiye, ahita abwira abafana be ati “Twifatire agafoto?”

 

Umuhanzi Hagenimana Jean Paul uzwi nka Bushali yakiranywe amashyushyu n’urugwiro rwinshi ubwo yari ageze ku rubyiniro rwa Stade ya Ngoma.

Uyu muhanzi yambaye ikabutura y’ikoboyi ijya gusa n’umuhondo, agasengeri k’umukara kariho ishusho ye ndetse n’amadarubindi y’umuhondo.

 

Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments