Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Gahanga Akagali Ka Karembure bahangayikishijwe n'ikibazo cy’abana babo babatera ubwoba bigamba ko bazabakubita.
Ni Mu gihe ubuyobozi bw'umujyi wa Kigali buvuga ko icyo kibazo kigaragara mu miryango hirya no hino mu mujyi wa Kigali ikaba ariyo mpamvu bari gushyiraho gahunda y’ubukangurambaga mu miryango izafasha imiryango kwirinda amakimbirane.
Inkuru irambuye
yirebe kuri Video