Mu Kagari ka Kiruri umurenge wa Mukingo mu karere ka Nyanza abaturage batunguwe no gusanga umukecuru Kangire Herena w’imyaka 50 mu rutoki rwe yapfuye, basaba inzego zibishinzwe gukora iperereza ryimbitse ngo hamenyekane ikihishe inyuma y’urupfu rwe.
Polisi y’u Rwanda mu
Ntara y’Amajyepfo ivuga ko aya makuru yayamenye hagakorwa ubutabazi ndetse
n’iperereza rikomeje kugira ngo hamenyekane ikihishe inyuma y’urupfu rwa
Nyakwigendera.
Inkuru irambuye yirebe kuri Video