• Amakuru / MU-RWANDA


Mu Kagari ka Kiruri umurenge wa Mukingo mu karere ka Nyanza abaturage batunguwe no gusanga umukecuru Kangire Herena w’imyaka 50 mu rutoki rwe yapfuye, basaba inzego zibishinzwe gukora iperereza ryimbitse ngo hamenyekane ikihishe inyuma y’urupfu rwe.

Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo ivuga ko aya makuru yayamenye hagakorwa ubutabazi ndetse n’iperereza rikomeje kugira ngo hamenyekane ikihishe inyuma y’urupfu rwa Nyakwigendera.

Inkuru irambuye yirebe kuri Video


Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments