Kuri uyu wa Mbere tariki ya 08 Mutarama 2024, Nibwo Elizabeth Borne, Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, yeguye ku mirimo ye nyuma y'igihe kitageze ku myaka ibiri afashe inshingano.
Perezida w'igihugu cy'u Bufaransa, Emmanuel Macron ashobora gutungara kuko isaha n'isaha ahobora gukora impinduka zikomeye muri Guverinoma.
Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X, Perezida Macron yashimiye byimazeyo, Borne ku mirimo y’intangarugero yakoreye igihugu ariko aryumaho ku bijyanye n'ubwegure bwe.
Perezida Macron kandi yiteguye kwemera ubwegure bwa Borne agasimburwa ku nshingano na Minisitiri w’Uburezi Gabriel Altar.
Like This Post?
Related Posts