• Amakuru / MU-RWANDA
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 19 Gashyantare 2024, Nibwo abaturage barimo abakozi bakora bakanatunga muri ruhurura, batunguwe no gusanga umurambo w'umugabo uri mu nzitiramubu yari yafashwe n'ibyondo biri muri ruhurura igabanya umurenge wa Muhima n'uwa Kimihurura.

Bamwe mu baturage bari ahari nyakwigendera, batangarije BPlus TV dukesha iyi nkuru ko, bishoboka ko ari abantu bamwivuganye hanyuma bakaza kumutsindika muri iyi ruhurura.

Bati" Birashoboka ko ari abamwishe bakaza kumtsindika hano".

Inkuru bijyanye https://btnrwanda.com/news-details?nid=1575/Kigali--Hagaragaye-imirambo-ibiri-muri-ruhurura Uyu nyakwigendera amaguru ye yareremberaga byanatumye hari abatekereza ko yaba yarahagejejwe n'umuvu wa mazi bitewe n'imvura iherutse kugwa ikangiza byinshi.....

Umunyamakuru yarinze ahava umurambo utarahavanwa gusa BTN iracyategereje icyo ubuyobozi butangaza kuri iki kibazo n'ikigiye gukorwa.

Inkuru irambuye ni mukanya!!!!!!!!!!!!!!!!!!!

Imanishimwe Pierre/BPlus TV 
Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments