Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki ya 18 gashyantare 2024, Nibwo Umuryango w'Aba-Guide ufite ikicaro mu Rwanda mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Gikondo, waremeye impano zitandukanye zirimo n'ibikoresho by'isuku abarwayi barwariye mu Bitaro by'i Masaka.
Mbere yuko aba banyamuryango b'Aba-Guide berekeza ku Bitaro bya Muhima, babanje kwiyibutsa amahame, amabwiriza n'indangagaciro bikwiye ku baranga, aho buri umwe yagaragaza icyo kuba muri uyu muryango bimufasha binyuze mu matsinda ane bari bakoze.
Nyuma y'amasaha nk'abiri bari mu myitozo n'akarasisi, bahise bafata urugendo ruberekeza mu murenge wa Masaka aharwariye abo barwayi badafite shinge na rugero.
Like This Post?
Related Posts