• Amakuru / AMAKURU-YO-HANZE

Bwa  Mbere mu mateka y’igihugu cya Australia cyashyizeho umugaba Mukuru w’Ingabo z’icyo gihugu zizwi nka  ADF (Australia Defence Force ).

Byatangajwe  kuri kuri uyu wa mbere  nibwo guverinoma y’icyo gihugu  yatangaje ko yashyize  Kuri uyu wa mbere leta ya Australia yatangaje ko umugore agiye kuba umugaba mukuru w’ingabo mu mpinduka zakozwe mu bakuru b’igisirikare cy’icyo gihugu.

Lieutenant General Susan Coyle azatangira izo nshingano muri Nyakanga uyu mwaka, abe umugore wa mbere mu mateka y’iki gihugu ufashe uwo mwanya.

Gen Susan azasimbura Lieutenant General Simon Stuart, kandi izi mpinduka zibaye mu muhate wa leta wo gushishikariza abagore kwinjira mu ngabo.

Mu itangazo Minisitiri w’intebe Anthony Albanese yagize ati: “Kuva muri Nyakanga tuzaba dufite umugore wa mbere nk’umugaba mukuru w’ingabo mu mateka y’imyaka 125 y’ingabo za Australia”.

Minisitiri w’ingabo Richard Marles yavuze ko igenwa rya Coyle ari “igihe cy’amateka akomeye”.

Coyle w’imyaka 55, yinjiye mu gisirikare mu 1987 azamuka mu maranka no mu mirimo itandukanye kugeza kuri uyu mwanya yagenewe.

Abagore bagize 21% mu ngabo za Australian Defence ?Force (ADF) na 18.5% ?mu myanya y’ubutegetsi bw’ingabo nk’uko Reuters ibivuga.

 yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo

Nkuko iryo tangazo ribivuga uyu Lieutenant General Susan Coyle azatangira izo nshingano muri Nyakangauyu mwaka, abe umugore wa mbere mu mateka y’iki gihugu ufashe uwo mwanya.

Gen Susan azasimbura Lieutenant General Simon Stuart, kandi izi mpinduka zibaye mu muhate wa leta wo gushishikariza abagore kwinjira mu ngabo.

Mu itangazo Minisitiri w’intebe Anthony Albanese yagize ati: “Kuva muri Nyakanga tuzaba dufite umugore wa mbere nk’umugaba mukuru w’ingabo mu mateka y’imyaka 125 y’ingabo za Australia”.

Minisitiri w’ingabo Richard Marles yavuze ko igenwa rya Coyle ari “igihe cy’amateka akomeye”.

Coyle w’imyaka 55, yinjiye mu gisirikare mu 1987 azamuka mu mapeti no mu mirimo itandukanye kugeza kuri uyu mwanya yagenewe.

Abagore bagize 21% mu ngabo za Australian Defence ?Force (ADF) na 18.5% ?mu myanya y’ubutegetsi bw’ingabo nk’uko Reuters ibivuga.

 

Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments