Ndacyayisenga Barthazar wo mu Murenge wa Mageragere mu Mujyi wa Kigali aratabaza inzego z’ubutabera nyuma yo gukubitwa bikomeye n’abanyerondo atazi icyo bamuhora, ibintu byamusigiye ubwoba ndetse n’impungenge ku mutekano we n’uw’umuryango we.
Ndacyayisenga yewe n’abaturage babonye
akubitwa n’abanyerondo bahuriza ku kuba uyu mugabo akunze kwibasirwa na Cell
Commandant (umuyobozi w’irondo mu kagali) bakaba bamusabira ubutabera kuko bo
babona yubahiriza gahunda za Leta.
Ibindi bikurikire muri iyi nkuru (Video)