Bamwe mu baturage batuye mu midugudu itandukanye yo mu murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali bavuga bahisemo kuvoma amazi y'ibiziba bitewe n’ikibazo cy’ibura ry'amazi.
Aba baturage bavuga ko
bafite impungenge k’ubuzima bwabo bitewe nuko aya mazi bavoma aba yanduye cyane
akaba ariho bahera basaba ko bakwegerezwa amazi meza.
N’ubwo turi mu bihe by’impeshyi
aho amazi akunze kubura mu bice byinshi by’igihugu aba baturage bagaragaza ko
WASAC yajya ibibuka muri gahunda yo gusaranganya amazi.
Ibindi birebe muri iyi
Video