Mu Kagali ka Rubona, Umurenge wa Rukumberi, humvikanye inkuru y’urupfu rw’umugabo wari mu kigero cy’imyaka 26, bivugwa ko yatewe ibyuma mu mbavu.
Ibyo byabaye ku wa Kane w’iki cyumweru, aho uyu mugabo yakomeretse
bikomeye nyuma yo guterwa ibyo byuma, biza kurangira yitabye Imana.
Amakuru avuga ko abakekwaho kugira uruhare muri uru rupfu bamaze gutabwa
muri yombi, mu gihe iperereza rikomeje kugira ngo hamenyekane neza icyateye
ubwo bwicanyi n’uruhare rwa buri wese mu bakekwaho kubigiramo uruhare.
Ibindi birebe muri iyi Video