??????????Umugabo
w’Umuyapani witwa Yetsuya
Yamagami, w’imyaka 45 yemeye icyaha
cyo kwica uwahoze ari Minisitiri w’Intebe
Shinzo Abe kuri uyu wa kabiri ubwo
yagezwaga mu rukiko
Hari ku
tariki ya 8 Nyakanga 2022 ubwo Shinzo Abe wari Minisitiri w’Intebe w’Ubuyapani yajyaga kwiyamamaza mu gace ntara ya Nara , akarswa na Yamagani akorehsje
imbunda we yikoreye mu buryo bwe
bigatungura benshi mu gihugu nk’ubuyapani kitarangwamo ibyaha
byo kurasana mu ruhame
Yamagani ubwo yagezwaga mu rukiko yavuze ko kurasa Shinzo Abe byaturutse ku gasuzuguro uyu muyobozi yari afitiye itorero
rizwi nka Moon Sect we afata nkaho katumye umuryango we uhomba akayabo ka Miliyoni 100 nyina yari
yaratanzemo
Ubusanzwe iri torero ryashingiwe muri Koreya y’Epfo mu 1954 na Sun Myung Moon,
rikaba ryari rifitanye umubano mwiza n’abanyapolitiki bakomeye muri guverinoma
y’Ubuyapani byanatumye bamwe muba Minisitiri 4 begura nyuma y’iraswa rya Shinzo
Nyuma yiraswa ry’uyu muyobozi abaturage bagaragaje ko guverinoma
yashyizemo integer nkeya mu rwego rwo kurinda Abayobozi bakuru , aho byatumye
mu mwaka wa 2024 harahise hashyirwaho amategeko akomeye mu rwego rwo kurwanya abantuze intwaro mu
buryo bwemewe n’ amategeko.
Abunganizi mubya amategeko ba Yamagani bavuze
ko biteguye kugaragaza byinshi ku buzima bw’ubuto bw’uko bwari bwugarijwe n’akarengane
gashiniye kw’Idini .
Ni mu
ghe ubushinjacyaha bwo bwitegura kwerekana neza uko ushinjwa
yateguye igikorwa neza ndetse akanagikorna uburemere bw’icyaha yakoze.
Biteganyijwe ko icyemezo cy’ifungwa rya Yamagani kizasomwa
muri Mutarama 2026 aho ashobora gufungwa
burundu kuko igihano cy’urupfu
kidakunzwe gukoreshwa ku muntu wakoreye icyaha umuntu umwe
Like This Post? Related Posts