• Amakuru / MU-RWANDA


Mu gihe leta ikomeje urugamba rwo kurwanya ikoreshwa ry'inzoga zitujuje ubuziranenge cyane cyane izizwi nk'ibyuma abaganiriye na Bplus TV bavuga ko byabashyize mu byago byinshi birimo gutandukana n'imiryango yabo ndetse no kurwara indwara zitandukanye zirimo no kurwara inyama zo mu nda.

Kuruhande rw'umuvugizi wungirije wa Guverinoma Uwera Jean Maurice avuga ko ifungwa ryizi nganda ryari ngombwa dore ko izi nzoga zatezaga urugomo ndetse bikangiza ubuzima bw'abanyarwanda.

Ibindi birebe muri iyi video


Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments