• Amakuru / MU-RWANDA


Hari bamwe mu batuye mu murenge wa Mukindo akarere ka Gisagara biganjemo abatishoboye, bavuga ko kugeza ubu babuze uko batanga ubwisungane mu kwivuza bitewe n'uko bategereje ko bakosorerwa ubujurire bw'ibyiciro bashyizwemo bagaheba. Aho ngo iyo bagiye kubikurikirana ubuyobozi bubirukana.

Ubuyobozi bw’akarere ka Gisagara buvuga ko ahari iki kibazo bigiye gukurikiranwa.

Ibindi birebe muri iyi video


Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments