Umugabo w’imyaka 35 wo mu Mudugudu wa Bugumya, Akagari ka Kamanu, Umurenge wa Nyakabuye mu Karere ka Rusizi, ari gukorwaho iperereza nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana we w’imyaka 15, aho uyu mubyeyi yavugaga ko ari kumwigisha uko azitwara mu gihe azaba afite umugabo.
Amakuru y’iki kibazo
avuga ko uyu mwana wiga mu mwaka wa gatatu w’amashuri abanza ku Ishuri rya GS
Kiyovu, yabwiye umwarimu we ko se yamusambanyije inshuro ebyiri, ndetse
akamushukisha amafaranga.
Uyu mwana kandi yatangaje ko nyuma yo kubona se akomeza
kumuhohotera, yamubwiraga ko ari kumwigisha uko azitwara mu gihe azaba afite
umugabo.
Ibindi birebe muri iyi Video