Kuri uyu wa 2 taliki ya 8 Nzeri 2026 hasakaye inkuru iteyisoni Aho mu umurenge wa musenyi Mu kagali ka musenyi Mu mudugu wa kagusa mu ga centre ya kayumbo hagaragaye umugabo wafashwe ari gusambana n’umugore w’abandi.
Uwo musaza uri mu kigero
cy’imyaka 65 na 70 yacunze umugabo witwa
Mbarubukeye anyarukiye mu mirimo yibwira ko atari bugaruke vuba ajya
kwisambanira n’umugore we nibwo uwabacunze neza yahamagaraga uyu mugabo
wacibwaga inyuma n’umugore we nawe mukugaruka yihuse abafatira mucyuho bari gusambana.
Ubwo abaturage
bahururaga uwo mugore yakingiranye uwo basambanaga we asohoka akubita umugabo
yacaga inyuma, ibintu byarakaje abaturanyi bavuga ko iyi ngeso y’uburaya
ikwiriye guhagurukirwa kuko ikomeje gusenya imiryango.
Uwo mugabo n’uyu
mugore wamucaga inyuma babanaga batarasezeranye kuko uyu mugore yahoranye undi
mugabo.
Ibindi birebe muri iyi
Video