Nyamasheke mu murenge wa Bushenge mu kagari ka Impara abaturage bavuga ko bahangayikishijwe nuko nta mazi meza babona aho batuye bavuga ko bahawe Amazi meza ariko ntiyamara kabiri kuko abakozi ba WASAC bagarutse bakayafunga kuri ubu bakaba bamaze umwaka batavoma
Aba baturage bavuga ibyo byabagizeho ingaruka z’uburwayi bitewe n’uko bongeye kuvoma Ibishanga nandi mazi mabi basaba ko bahabwa amazi meza bakaruhuka indwara n’urugendo bakora bajya kuvoma Ibishanga.
Ibindi byumva muri iyi video